in

Israel mbonyi yateguje abakunzi be igitaramo mu gihe gito

Umuramyi Israel mbonyi uri mu bakunzwe mu Rwanda kubera ubuhanga ndetse n’ubutumwa bwubaka bikunze gukora kuri benshi hanze aha.

Israel Mbonyi, yatangaje ko ari kwitegura gukora igitaramo kinini azamurikiramo alubumu ebyiri.Ibi Israel Mbonyi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Werurwe 2022 mu butumwa yacishije kuri Twitter ye.

Byitezweko muri uyu mwaka aribwo igitaramo cye gishobora kuba nkuko yagiye abyifuza mu gihe cyashize gusa kubera COVID bikomeza gusubikwa .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yahanishijwe igufungo cy’imyaka 3 azira kwiba amafoto y’abakobwa

Nta muntu n’umwe ningingira gukina indirimbo zange