in ,

Isomere ubutumwa (SMS) butangaje, Conte yoherereje Diego Costa amumenyesha ko yamwirukanye

Kuwa gatatu w’iki cyumeru nibwo Diego Costa yatangarije abanyamakuru ko yirukanwe mu ikipe ya Chelsea aho yavugaga ko umutoza wa Chelsea yamwoherereje ubutumwa (SMS) yo kumusezerera.

Ibi rero bikaba byaratangaje benshi kubona umukinnyi nka Diego Costa wafashije Chelsea bikomeye umwaka ushize bagatwara igikombe cya Championat yarirukanwe mu buryo bugayitse bene ako kageni ndetse ibinyamakuru bimwe na bimwe bikaba byaravugaga ko ibi byatuma ikipe ya Chelsea icibwa amafaranga atari make. Ibyo rero ninabyo byatumye abantu bifuza kumenya amagambo yari ari muri SMS Antonio Conte yoherereje Diego Costa.

Ikinyamakuru cyo muri Espagne kitwa AS kikaba cyamaze abantu amatsiko amze gishishura amagambo Conte yoherereje Costa ariyo akurikira  :”Uraho diego, ndezerako umeze neza. Ndagushimira kubw’ibihe twagiranye saison ishize. Ndakwifuriza amahirwe masa umwaka utaha, gusa ubu sinkikubara muri gahunda zanjye (sinkikubara mu bakinnyi banjye)

 

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro: umunyarwandakazi arashinjwa kwiba Diamond, umugabo wa Zari

Umukunzi wa T.I akomeje gushavuzwa cyane n’ibyo T.I amukorera (byumve hano)