in

Inkuru ibabaje kuri Mbappé mu ikipe ya France ntiyorohewe ibyago bikomeye kwisukiranya.

Mbappé akomeje kudahirwa yaje kuva mu kibuga umukino ugese hagati kubwimvune

Nyuma y’uko uyu kabuhariwe w’ umufaransa yongereye amasezerano muri PSG yitabiriye imikino y’uburayi aho yajyiye gufasha Ubufaransa kuba bwakwegukana iki gikombe.

Mu mukino Ubufaransa bwahuragamo na Darnmark Kylian Mbappé ntiyagize amahirwe yo kuwurangiza kuko yaje kugira imvune ikomeye bigatuma avamo umukino ukiri hagati.

Mbappé akomeje kudahirwa yaje kuva mu kibuga umukino ugeze hagati kubwimvune.

Nyuma y’uko avuyemo yaje gusimburwa na rutahizamu Christopher Nkuku ufite amahirwe menshi yo kwerekeza muri Manchester United.

Umutoza w’umungirije w’ikipe y’igihugu cy’ubufaransa akaba yamaze kwemeza ko Mbappé yahuye n’imvune ikomeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baje bafite akanyamuneza: Amavubi yaraye ageze i Kigali (Amafoto)

Rafael Valane ukomeje kudahirwa yahuye n’uruva gusenya.