Nkuko bimenyerewe abahanzi hafi ya bose ku isi bakunze gukoresha murandasi kugira ngo bagaragarize abafana babo uko baba bameze mu buzima busanzwe ndetse n’ababashaka babe bahahurira kugirango baganire,kuri iyi ncuro rero umuhanzi christopher akaba yakoresheje imbuga nkoranyambaga,gusa bamwe mu bafana be bakaba batangajwe n’ifoto yerekana igitsina cye yashyizeho ubwo yavaga muri sport.
Umuhanzi Christopher akaba yashyizeho ifoto yavuzweho byinshi na benshi ubwo yavaga muri sport,ngiyo iyo foto ya Christopher

Iyi witegereje iyi foto neza ubona ko igitsina cye nacyo cyagiye ahagaragara

Dore commentaire zimwe z’abafana batangajwe n’ingano y’igitsina cy’uyu musore

Nguko uko abantu batandukanye batewe ubwoba n’ingano yacyo.
Comment:Ana Ni abaturage kbsa ubwo c usibye gusebanye igishya babonye nikihe