in ,

Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola yatangaje ikintu kizamubuza gutwara igikombe cya Champiyona y’ubwongereza

pep-guardiola-yumiwe

Ikipe ya Manchester City imaze imikino 5 yose iyitsinda ntankomyi muri champiyona y’ubwongereza ariko nyuma yuko abanyamakuru begereye umutoza wayo Pep Guardiola batangajwe n’ibintu yababwiye bizatuma atabasha kwegukana igikombe.

pep-guardiola-notice

Mu kiganiro uyu mugabo yagiranye n’ikinyamakuru The guardian,nyuma yo gutsinda ibitego 4 ikipe ya AFC Bournemouth,yagize ati:”Nibyo koko turi kwitwara neza,abakinnyi bameze neza ntakibazo,muri rusange ikipe nyoboye nange ubwange iri kunshimisha cyane,gusa sinakwihutira kuvuga ko nzegukana iki gikombe kuko nkurikije umukino wa Chelsea na Liverpool nakurikiranye,nabonye ko mpanganye n’amakipe akomeye cyane,kuburyo ikosa rito nagwamo nasanga nange ndi myanya nkiyo abakeba barimo,gutsindwa kwa Chelsea iwayo ntibivuze ko umutoza yananiwe umukino hubwo nuko ibyo aba yatekereje biba bitubahirijwe nkuko abakinnyi babisabwa nange bijya bimbaho,umutoza Jurgen Klopp ntakipe nimwe itamutinya muri iyi champiyona kabone niyamutsinze kuko twese ubuhanga bwe turabuzi,ayo makipe uko ari abiri nkaba mbona azantera ibibazo mu gihe cyose naba nange ngize ibibazo,gusa nkaba nange niteguye guhangana“.

Jurgen Klopp a Jordan Henderson bishimira insinzi nyuma y'umukino wa Chelsea.
Jurgen Klopp a Jordan Henderson bishimira insinzi nyuma y’umukino wa Chelsea.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ingano y’igitsina cy’Umuhanzi Christopher yakangaranije abantu

Umwe mu bakobwa bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda yakoze ishyano (amafoto+video)