in

Impamvu nyamukuru ishobora gutuma Cristiano Ronaldo ava muri Juventus yamenyekanye.

Juventus' Portuguese forward Cristiano Ronaldo acknowledges the public at the end of the Italian Serie A football match Juventus vs Parma on January 19, 2020 at the Juventus stadium in Turin. (Photo by Marco Bertorello / AFP) (Photo by MARCO BERTORELLO/AFP via Getty Images)

Ejo hazaza ha Cristiano Ronaldo ni ingingo ikomeje kugaruka mu ikinyamakuru cyane.

Uyu mugabo w’imyaka 35 wahoze akinira Real Madrid akaza kwerekeza mu ikipe ya Juventus muri 2018 hakomeje kwibazwa ku hazaza he ndetse amakipe menshi akomeje kumwifuza cyane.

Gusa ibinyamukuru byinshi bikaba bikomeje kwandika ko umushahara Cristiano Ronaldo ahembwa umaze kuba ingorabahizi ku ikipe ya Juventus yazahajwe n’ikibazo Cy’ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID19, akaba ari nayo mpamvu ashobora kuyivamo akerekeza ahandi aho bivugwa ko ikipe ya PSG yiteguye kumusinyisha agasanga Neymar .

Ikinyamakuru La Gazzetta Dello Sport cyanditse ko Cr7 ashobora kuzava mu ikipe ya Juventus naramuka atabonye umushahara yari yiteze muri iyi kipe.
Banditse bati:”Niba ibisubizo Ronaldo yiteze bitagezweho ashobora kureba hirya no hino mu ikipe iyari yo yose ndetse na PSG byaba ari ahantu hashoboka ko yajya”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba udakunda watermelon ibi byatuma wifuza gutangira kuyirya.

Rihanna yafotowe nta birungo yisize benshi batangarira isura ye(AMAFOTO)