in

Ikipe ya Mukura VS yatangaje ko igiye gushinga indi kipe y’ubukombe

Ikipe ya Mukura Victory Sports igiye gushinga ikipe ya y’abagore, nayo izajya ikinira kuri Sitade ya Huye.

Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Mukura imaze ishinzwe, umuyobozi w’iyi kipe Nyirigira Yves, yatangaje ko bagiye gushinga ikipe y’abagore izajya ikinira kuri sitade mpuzamahanga y’akarere ka Huye.

Uyu muyobozi yabigejeje ku imbaga yari muri sitade mpuzamahanga y’Akarere ka Huye, yemeje ko Mukura igiye kubaho mu buzima bushya. Yagize Ati”Turi kwizihiza isabukuru y’imyaka  60 n’imyaka yabaye iy’ubukombe n’ibikombe.

Uyu muyobozi yakomeje avuga ko bagiye gukomeza kwagura ikipe bagashinga n’izindi ziyishamikiyeho.

Ati”Tugiye gushinga ikipe y’abagore kandi ikomeye, iyi kipe ikaba izajya ikinira imikino yayo kuri Sitade mpuzamahanga y’akarere ka Huye. Ntabwo ari iyi gusa kuko tugiye gushinga irerero rya Mukura rizaba ririmo abana bari hagati y’imyaka 18 na 11.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wazampayeho wa gikobwa we! Umukinnyikazi wa filime Igihozo Alliah w’imiterere idasanzwe yatunguwe n’ukuntu ifoto ye yongeye kuvugirwaho amagambo ateye isoni -IFOTO

Niba no kujya mu gasozi ariko kubyarana na So biragatsindwa! Inkuru yabaye Kimomo y’umugabo wabyariwe na Sebukwe abana batatu bose