in ,

Ibyo yakorewe ni agahumamunwa nyuma yo gufatwa aryamanye n’umugabo w’abandi

Umunyarwanda yaragize ati:” Iminsi y’umujura ni mirongo ine.” Uyu mugabo ni umunyamahirwe make kuko abamuzi bavuga ko atari ubwa mbere yaba afashwe muri ibi bikorwa. Uyu mukobwa ku rundi ruhande, bivugwa ko ari umunyeshuri w’umwe muri kaminuza zo mu mujyi ndetse akaba yarazwi n’uyu mugore bisanzwe.

Ubwo uyu mugore yabafataga yahise atangira gukubita uyu mwana w’umukobwa ndetse anamwambika ubusa ari nako nyamukobwa atakamba mu marira menshi ngo ababarirwe iryanone.

Ibi byabaye ibyubusa kuko yakubiswe bigayitse cyane nuko nyuma yo kurangizanya n’umukobwa, umugore yahise yadukira umgabo nuko amukora mu bwanwa karahava ari nako uyu mugore yivugiraga ko agomba kumuha isomo kuburyo atazabyongera. Amazina yabo ntibashatse ko atangazwa. 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto Butera Knowless yashyize hanze yavugishije abantu kubera imiterere ye mishya yatunguye benshi

Impamvu ikipe ya Real Madrid ishobora kudakina iyi weekend yamenyekanye ndetse itera ubwoba abafana ba ruhago muri rusange