in

Ibyo abanyamakuru b’urukiko rw’imikino bavuze kuri Mukansanga Salim byabakijeho umuriro babita abanyeshyari n’umutima mubi

Nyuma y’aho umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwanda Salim Mukansanga akoze amateka atari yakorwa n’undi musifuzi wese mu Rwanda, abantu barabyishimiye cyane ndetse banashimishwa n’uko ahagarariye abanyarwanda mu gikombe cy’isi.

Ku munsi wejo, nibwo mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire cyabaye kera cyagaruwe n’umwe mu bakoresha Twitter yibutsa abantu ibyo bavuze abandi babataramiraho biratinda.

Abantu bakunze gushinja bamwe mu banyamakuru kuvuga ibihuha, bahise bavuga ko uretse n’ibihuha bamwe basigaye bagira ishyari.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Huye; Umusore wari ugiye kurushinga yasanzwe mu ishyamba yapfuye

Adil Mohamed yongeye gutera utwatsi APR FC kubera ko iyi kipe yakoze ikintu uyu mutoza adakozwa na rimwe

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO