in

Ibitego atatsindiye APR Fc ari kubitsindira i Burayi! Byiringiro League ari guca inshundura z’amazamu yo muri Sweden kuko atari kuva mu kibuga atabonye igitego

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Byiringiro League ukinira Sandvikens IF yo muri Sweden,  yongeye gufasha ikipe ye kunyagira iyo byari bihanganye.

Mu mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 5 Kanama 2023, ikipe ya Sandvikens IF ikinamo abanyarwanda Byiringiro League na Mukunzi Yannick, yanyagiye ikipe ya Piteå imvura y’ibitego 5-1.

Muri ibi bitego, Byiringiro League niwe watsinze igitego cya kabiri cy’ikipe ye ya Sandvikens IF agiye kumaramo umwaka umwe, yayigiyemo avuye muri APR Fc.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mutabare byakomeye kuko ntabwo bagitinya kubivuga: Umupasiteri yihandagaje avuga ukuntu arya amaturo y’abakirisitu kukarubanda anatangaza ibintu ayakoresha mu nyungu ze bwite abantu batari bazi -VIDEO

Ibi bibabaza aba Rayon kuko ari ukubatendeka! Platini P nubwo yari yaserutse kuri Rayon Sport day yatangaje indi kipe afana ihora ihanganye na Rayon