in

Hari inkuru iturutse mu Burundi ihise ica intege abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda

Hari inkuru iturutse mu Burundi ihise ica intege abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi ryateye utwatsi icyifuzo cya FERWAFA, yifuzaga umukinnyi Ndikumana Danny ukinira Rukinzo FC.

Ku munsi w’ejo nibwo FERWAFA ryandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi risaba ko ryahabwa uburenganzira bwo gukinisha Umukinnyi Ndikumana Danny wa Rukinzo.

Nyuma y’ibyo mu Burundi babiteye utwatsi dore ko bavuga ko uyu musore yamaze gukinira ikipe y’igihugu yabo ko bityo nabo bamukeneye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Wa musore wagurukije indege itagira umupirote amaze guhubwa ibihano bikakaye n’urukiko rwibanze rwa Nyarugenge

Kigali: Umubyeyi w’abana 7 amaze icyumweru arara hanze n’urubyaro rwe