in

Amakuru agezweho: Wa musore wagurukije indege itagira umupirote amaze guhubwa ibihano bikakaye n’urukiko rwibanze rwa Nyarugenge

Wa musore wagurukije indege itagira umupirote mu Rwanda amaze gukatirwa igihano gikomeye nyuma yo kugurutsa indege itagira umupilote ntaburenganzira abiherewe.

Mutimura Abed wamenyekanye nka Ab Godwin amaze gukatirwa imyaka ibiri aho biteganyijwe ko agomba guhufungwa umwaka umwe undi ugasubikwa ndetse agatanga n’izahabu ya miliyoni 5 z’amafaranga y’u Rwanda ni nyuma yo guhamwa niki cyaha.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Amaze gukora ubukwe kabiri ngewe nta narimwe” Anita Pendo yatangaje ibintu bihambaye ahuriyeho na Tijara Kabendera ndetse n’ikintu gikomeye batandukaniyeho (video)

Hari inkuru iturutse mu Burundi ihise ica intege abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda