Wa musore wagurukije indege itagira umupirote mu Rwanda amaze gukatirwa igihano gikomeye nyuma yo kugurutsa indege itagira umupilote ntaburenganzira abiherewe.
Mutimura Abed wamenyekanye nka Ab Godwin amaze gukatirwa imyaka ibiri aho biteganyijwe ko agomba guhufungwa umwaka umwe undi ugasubikwa ndetse agatanga n’izahabu ya miliyoni 5 z’amafaranga y’u Rwanda ni nyuma yo guhamwa niki cyaha.