in

Hanzuwe umuhanzi wa mbere w’ikirangirire mu Rwanda ukunzwe cyane mu gihugu cya Kenya

Hanzuwe ko umuhanzi wa mbere w’ikirangirire mu Rwanda ukunzwe cyane mu gihugu cya Kenya ko ari Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben.

Ibi byemejwe n’umukunzi ukomeye ukomoka muri Kenya, Kevin Wyre uri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda aho yaje mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction.

Wyre yavuze ko The Ben ari we uza ku isonga, kuko indirimbo ze zicurangwa cyane mu tubyiniro n’ahandi hanyuranye.

Asoza avuga ko indirimbo The Ben yakoranye n’umuhanzi w’Umunyakenya Otile Brown, yamamaye cyane muri Kenya ndetse ikaba iri mu zatumye agira igikundiro cyane.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Mutesa George
Mutesa George
1 year ago

No stop ayee nde belee kbsa

Bidasubirwaho APR FC yamaze gusinyisha umukinnyi wa mbere w’umunyampahanga

Neymar yasutse amarira karava nyuma yo kuribwa amafaranga arenga miliyari mu rusimbi