in

Haaland uri gutsinda umunsi ku munsi, mugenzi we Kyle Walker bakinana yashyize hanze ibanga akoresha

Mu gihe benshi bibaza igituma musore wimyaka 22 Erling Braut Haaland akomera cyane, mugenzi we Kyle Walker bakinana mu ikipe ya Manchester City yatangaje ko imbaraga za Haaland ndetse se umubyara aribyo bigira uruhare mu gutsinda kwa Haaland.

Aganira na SPORTbible, Walker yagize ati: ‘Biragaragara ko yaje kandi agashyira shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ku rwego rwo hejuru.

‘Ntekereza ko itsinzi ya Haaland iterwa no kwitangira mu mukino kandi twibuke koafite imyaka 22. Indyo ye; ntekereza ko aricyo gice kinini cyimpamvu agira izi ntsinzi hakiyongeraho inama agirwa na Papa we ndetse no kumushyigikira.

Kyle Walker akomeza agira ati “Igihe cyose akora ibyo akora, kandi akomeza kubikora muri saison yose no gutsinda ibitego. Ntabwo ntangazwa cyane n’ibyo arya.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Icyizere cya views 100,000 mumasaha 24hr cyashize

Umwe mu bakobwa beza bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yambitswe impeta n’umukunzi we (Amafoto)