in

Gusenga mbivuyemo tuzahurire mu ijuru! Pasiteri yariye million 969 muri betting , gusenga ahita abivamo

Mu gihugu cya Kenya inkuru y’umupasiteri witwa Peter Wafula, ikomeje gutangaza benshi nyuma yaho asezeye ubupasiteri kubera amafaranga.

Uyu mupasiteri wari umaze igihe kinini akina imikino yamahirwe ariko ntahirwe, yagiye gukina iyi mikino agiriramo amahirwe atsindira million 969.

Uyu mupasiteri yahise afunga urusengero igitaraganya abwira abakirisitu be ko ibyo gusenga abivuyemo niba babishoboye bisengere , ati “tuzahurire mu ijuru ibyo gusenga mbivuyemo”.

Uyu mugabo yahise ashinga amakipe abiri y’umupira w’amaguru hariya mu gihugu cya Kenya. Gusa benshi bakomeje kubimugayira kuba yafashe amafaranga akayarutisha Imana.  Gusa hari nabavuga ko Imana yasubije amasengesho ye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yaratangiye gusarura ! RIB yataye muri yombi umuturage wahingaga urumogi

Dani Alves wahoze ari mukinnyi wa FC Barcelone, yafunguwe