in

Ngewe ntega abamotari 40 bose banga kuntwara kubera ibiro byange:fisi avuze uko afwatwa muri sosiyeti kubera ibiro bye

Fisi kuri ubu ufite ibiro birenga 136 mu kiganiro kirekire yakoranye na M irene yavuze byinshi ku buzima bwe nuko afatwa n’abamwe muri sosiyeti kubera ibiro bye.

Abajijwe Icyaba cyaramuteye kubyibuha bigeze aha yasobanuye agira ati:” mu mubiri wanjye nifitemo utunyangingo twiremamo kubyibuha gusa nange nabigizemo uruhare kuko mu nigeze kugira amafaranga menshi ndi umwana icyo gihe nakoraga ubukomisiyoneri ku buryo ku munsi nashoboraga kwinjiza ibihumbi 200 ku myaka narimfite 20.”

Yakomeje agira ati:” icyo gihe sinari n’akaba umusiramu kuko nasengeraga mu idini rya gaturika ubwo rero naryaga ingurube nyinshi Mbega ntakinu kitwa inyama natoranyaga muri make nange mbona mu kubyibuha kwange narabigizemo uruhare rukomeye. ”

M irene amubajije ku kintu afatwa muri sosiyete fisi yamusubije aseka cyane ati:” ubu kubera ibiro mfite biragoye gutega moto kuko Nshobora gutega nk’abamotari 40 bose bakanyangira kubera ibiro byange. ”

Nubwo yatangaje ibyo byose bomu aho gusa yavuze ko abaye ho yishimye kandi ko kuri ubu arimo kugerageza gukora siporo aga Anya n’ibiryo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Tuyishimire Eric
Tuyishimire Eric
1 year ago

Gusa kibyibuha mubuzima bwiza niyo ushyizemo ikote iryariryo ryose rirakubera

Waba uzi ahantu u Rwanda rwanditse muri bibiliya n’ubuhanuzi baruvuzeho?

Nyuma yo gutanga Bollon d’or, dore abakinnyi 11 beza batoranyijwe dore ko higanjemo ab’ikipe ya Real Madrid