in

Waba uzi ahantu u Rwanda rwanditse muri bibiliya n’ubuhanuzi baruvuzeho?

Muri Bibiliya hakunze kuvugwamo ibihugu byo muri Asia ndetse n’ibyo mu majyaruguru ya Africa gusa ariko ntago abantu benshi bakunze gusoma cyane ngo basobanukirwe ndetse bakore ubushakashatsi bwimbitse nkuko umusaza watumiwe kuri big town TV yabivuze.

Umusaza yasobanuye ko muri Yesaya 18 aho umuhanzi w’Imana yavugaga ku gihugu kiri mu majyepfo ya Ethiopia gifite imisozi miremire ndetse gituwe n’abagabo barebare.

Uyu musanza Masunzu Kandi avuga ko buri wese yagakwiye kujya asoma akanasobanuza agasobanukirwa. Ikiganiro cyose Kiri kuri Big town TV wanyarukiraho ukakireba cyose.

Soma Yesaya 18 hanyuma utubwire muri comments niba koko ari u Rwanda bavugaga!

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Niyonsenga Benjamin
Niyonsenga Benjamin
1 year ago

Aha muri Yesaya bari bavuze Igihugu cya Congo DR

Mireille
Mireille
1 year ago

Umuswa ni so kavunumuheto

Uzahora iteka mu mutima wanjye! – Yannick Mukunzi yavuze amagambo akomeye kuri Yvan Buravan

Ngewe ntega abamotari 40 bose banga kuntwara kubera ibiro byange:fisi avuze uko afwatwa muri sosiyeti kubera ibiro bye