Kuri uyu wa gatandatu 02 nzeri 2022, ikipe y’igihugu amavubi yasebeye imbere y’abafana bayo bayakubita igitego kimwe ku busa mu mukino wari witabiriwe na Adil ndetse n’umutoza wa As Kigali.
Mu rwego rwo kubafasha kwitegura, FERWAFA yasubitse imikino y’aya makipe yari kuzahita akina kugira ngo bakomeze bimenyereze banakore imyitozo bazahagarire u Rwanda neza nyuma y’uko amavubi akojeje isoni abanya-Rwanda.
Aba batoza bose nta rwitwazo bazazana nibaramuka batsinzwe ko batabonye umwanya uhagije wo kwitegura nkabandi nkuko urwitwazo rw’amavubi ari Igihe gito cyo kwitegura.
Imikino ya CAF champions league ndetse na CAF confederation cup ni muri uku kwezi kwa nzeri.