in

FERWAFA yabujije Erradi Adil na Casa mbungu kugira icyo bavuga

Kuri uyu wa gatandatu 02 nzeri 2022, ikipe y’igihugu amavubi yasebeye imbere y’abafana bayo bayakubita igitego kimwe ku busa mu mukino wari witabiriwe na Adil ndetse n’umutoza wa As Kigali.

Mu rwego rwo kubafasha kwitegura, FERWAFA yasubitse imikino y’aya makipe yari kuzahita akina kugira ngo bakomeze bimenyereze banakore imyitozo bazahagarire u Rwanda neza nyuma y’uko amavubi akojeje isoni abanya-Rwanda.

Aba batoza bose nta rwitwazo bazazana nibaramuka batsinzwe ko batabonye umwanya uhagije wo kwitegura nkabandi nkuko urwitwazo rw’amavubi ari Igihe gito cyo kwitegura.

Imikino ya CAF champions league ndetse na CAF confederation cup ni muri uku kwezi kwa nzeri.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza ku mutoza w’Amavubi

Umutoza wa Ethiopia yavuze umukinnyi umwe w’Amavubi wapfuye kugerageza gukina neza