in

Ese wari uziko igitunguru kigira umugabo indashyikirwa mu gutera akabariro? Menya uko bikorwa

 

Igitunguru abantu benshi bamenyereye ku kirya mu biryo no kuba gihumuza ifunguro ndetse no kuryongerera uburyohe ariko sibyo ahubwo igitunguru gifite akamaro gakomeye ku gitsina gabo mu bijyanye no kubongerera imbaraga mu gihe cyo gutera akabariro.

Mu gitunguru habamo umusemburo witwa testosterone ufasha imyanya y’ibanga y’abagabo gukura neza cyane ndetse no kugira ubwanwa, imikaya ya kigabo n’ijwi ry’abagabo kandi umugabo urya igitunguru kenshi bimwongerera ubushake ndetse n’imbaraga mu gihe atera akabariro.

Dore uko wabikoresha :

Ufata ibitunguru ukabivanga n’amavuta y’Inka ukongeramo akayiko k’ubuki ubundi ukabirya.

Kubatasha kurya ibi tuvuze haruguru bashobora guhekenya ibitunguru bibisi ibizwi nka salade mu ndimi z’amahanga cyangwa ukabisyera hamwe n’imbuto ugakora umutobe wabyo.

Ubu ni bumwe mu buryo bwa gakondo Abahinde bamaze imyaka myinshi bakoresha bwokongera ubushake mu gutera akabariro.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibyiza ugomba kumenya biba mu mashu utari uzi habe na gato

David Bayingana yanenze bamwe mu banyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi