in

Ese nawe ibi urabyemera? Lionel Messi yatsinze igitego kidasanzwe cyatumye abantu bemeza ko akwiriye gukina mu ikipe ikomeye i Burayi -VIDEO

Ese nawe ibi urabyemera? Lionel Messi yatsinze igitego kidasanzwe cyatumye abantu bemeza ko akwiriye gukina mu ikipe ikomeye i Burayi.

Rutahizamu w’umunya Argentina Lionel Messi yafashije ikipe ye ya Inter Miami gukuramo ikipe ya FC Dallas ku munota wa 85 w’umukino ubwo yatsindaga umupira w’umuterekano watumye abantu bemeza ko uyu mugabo akwiriye gukina ku mugabane w’i Burayi.

Amashusho y’igitego Lionel Messi yatsinze gikomeje kuvugisha abatari bake:

Amwe mu magambo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Na Riderman yarashimye! Mu mafoto, imiterere n’ubwiza by’uwahoze ari umukunzi wa Riderman biratangaje

Umugabo w’aryamyemo aba ameze neza kuruta uryamye kuri matera! Uburanga n’imiterere bya Bella bikomeje gutangaza benshi