in

Ee ko bigoye! Umukuru w’itsinda rya Kigali Boss Babes yatangaje ibintu bisabwa kugirango w’injire muri iri tsinda

Ee ko bigoye! Umukuru w’itsinda rya Kigali Boss Babes yatangaje ibintu bisabwa kugirango w’injire muri iri tsinda.

Alliah Cool ubwo yari mu gitaramo Ally Soudy & Friends Live Show cyabereye muri Camp Kigali yabajijwe bimwe mu bisabwa kugirango w’injire mu itsinda ryabo rya Kigali Boss Babes.

Yagize Ati “Kugira ngo ujye muri ‘Kigali Boss Babes’ bigusaba ibintu byinshi birimo kuba uri inshuti yacu, wumva neza ibyo dukora cyangwa tubamo kuko ushobora kuza ntujyane natwe ukabihirwa cyangwa se twe ukatubihiriza.”

“Ikindi bisaba kuba wemera ko bimwe mu bibera mu buzima bwawe bijya hanze kuko hari ikiganiro cy’amashusho (Reality Show) turi gutegura kizaba kirimo icyo gice, icya nyuma bisaba kuba uhagaze neza ku mufuka (ufite amafaranga).”

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC nyuma yo kubona ikibazo mu bakinnyi bayo yatumijeho igitaraganya umukinnyi wari wirengagijwe kandi yari yamaze kubona ikipe hanze y’u Rwanda

Iyo ubanje kujya muri RIB uhita ucibwa! Bwambere Apotre Mutabazi agize icyo avuga ku bibazo bimaze iminsi biri muri ADPER – videwoEe ko bigoye! N’umukuru w’itsinda rya Kigali Boss Babes yatangaje ibintu bisabwa kugirango w’injire muri iri tsinda