in

“Dukeneye umukinnyi wacu”! Abafana ba APR FC bagaragaje umukinnyi ushobora kuza akabahoza amarira n’agahinda bafite -Videwo

Nyuma y’umukino APR FC yanganyijemo na Gasogi United, abafana b’iyi kipe bagaragaje kutishimira umutoza w’iyi kipe, Umufaransa Thierry Froger.

Wari umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Kabiri aho amakipe yombi yanganyije ubusa ku busa.

Nyuma y’umukino abafana ba APR FC bakomeje kwinubira umutoza wabo bashaka ko yirukanwa ndetse bakomeza bibaza ahantu umukinnyi Shibabu ndetse na Bizimana Yannick bagiye Kandi bari bashoboye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nshuti Yannick uzwi nka Killer Man yifatiye kugakanu abagabo badaha agaciro abagore

Inkoko iri iwabo ishonda umukara! Ibibaye kuri Arsenal ni nkuru mbarirano batabawe na Miliyoni 100