in

Dore uko aba Islam bagomba kwitwara ku munsi wo gusoza igisibo (Irayidi) muri iki cyumweru cyo Kwibuka

Ubuyobozi bwa Abayisilamu mu Rwanda butangaje ko kubera igihugu kiri mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 nta birori byo kwishima no kunezerwa bizaba nk’uko byari bisanzwe ku munsi wo gusoza igisibo wa Eid al Fitr (irayidi) kuri uyu wa Gatatu.

Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim yavuze ko Abayisilamu bagomba gukurikiza amabwiriza yatanzwe na MINUBUMWE muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Iby’ubusabane, kwishimisha n’imyidagaduro ntabwo byemewe.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwibuka30! Sandrine Isheja Butera yatanze ubuhamya bw’ubunyamaswa yakorewe n’interahamwe

Amakuru mashya kuri Marriott Hotel bikekwa ko yafashwe n’inkongi y’umuriro -Amashusho