in ,

Dore ibanga ryihishe inyuma yo kwitwara neza kwa Neymar muri iki gihe

Résultat de recherche d'images

Ku myaka 24 y’amavuko Neymar ni umukinnyi umaze kwerekana ko ari rutahizamu ukomeye cyane ku isi byumwihariko nyuma yo kugera mu ikipe ya Fc Barcelone bikaba bigaragara ko uyu musore yateye imbere cyane mu mukinire ye aho afatanyije na Messi ndetse na Suarez bakoze icyo bita MSN, umuntu yavugako riyo attaque yambere iteye ubwoba ku isi.

Uko gutera imbere kwa neymar rero ngo bikaba bfite ibanga ribyihishe inyuma nkuko ikinyamakuru cya hariya muri Espagne cyitwa Sport kibitangaza.

Neymar rero ngo akaba asigaye akunda gukora imyotozo y’ubuka umubiri ngo kugirango arusheho gukomera ndetse binamurinde kuba yajya avunika inshuro nyinshi. Ibi rero bikaba bitanga umusaruro ku buryo bugaragara kuko Neymar bimaze kugaragara ko iyo Messi adahari ariwe utabara Barca ndetse akaba yitezweho ibitangaza ku munsi w’ejo ubwo Barca izaba ikina na  Borussia Moenchengladbach.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’amagambo menshi yavuzwe Real Madrid yamaze gutangaza umukinnyi ukomeye ugomba kuyivamo vuba

Umuvumo wa Real Madrid ukomeje kuyikurikirana (amafoto na Video)