imikino
Dore ibanga ryihishe inyuma yo kwitwara neza kwa Neymar muri iki gihe

Ku myaka 24 y’amavuko Neymar ni umukinnyi umaze kwerekana ko ari rutahizamu ukomeye cyane ku isi byumwihariko nyuma yo kugera mu ikipe ya Fc Barcelone bikaba bigaragara ko uyu musore yateye imbere cyane mu mukinire ye aho afatanyije na Messi ndetse na Suarez bakoze icyo bita MSN, umuntu yavugako riyo attaque yambere iteye ubwoba ku isi.
Uko gutera imbere kwa neymar rero ngo bikaba bfite ibanga ribyihishe inyuma nkuko ikinyamakuru cya hariya muri Espagne cyitwa Sport kibitangaza.
Neymar rero ngo akaba asigaye akunda gukora imyotozo y’ubuka umubiri ngo kugirango arusheho gukomera ndetse binamurinde kuba yajya avunika inshuro nyinshi. Ibi rero bikaba bitanga umusaruro ku buryo bugaragara kuko Neymar bimaze kugaragara ko iyo Messi adahari ariwe utabara Barca ndetse akaba yitezweho ibitangaza ku munsi w’ejo ubwo Barca izaba ikina na  Borussia Moenchengladbach.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho19 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro18 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.