in

Davis D birangiye avuze ku majwi ye na Aisha yagiye hanze|ndamukunda bikunze twanabana|ndimo gupfa (VIDEO).

Mu minsi ishize nibwo hagiye amajwi hanze amajwi y’umukobwa witwa Aisha washinjaga Davis D kumutera inda ,kumwishimishiraza mu mitungo nabandi bakobwa ndetse akamutererana .Kuri ubu Davis D avuze byose uko byagenze.

Davis D kuri Isibo Tv

Nyuma yaho aya majwi ya Aisha agiriye hanze bamwe bagiye babikomozaho bavuga ko byari byapanzwe na Davis ngo abone hits dore ko byavugwaga ko ashobora kuba atari ubwa mbere abikoze.

Ku munsi wejo mu kiganiro yahaye isibo TV ndetse video bakayisangiza kuri Youtube Davis D yahamije ko ,akunda cyane Aisha ko yanabana nawe biramutse bikunze, ko nta kibazo bafitanye kuri ubu.Yanahishuye ko byose yari abizi ndetse mu bibazo yabazwaga yumvikanye avuga ko ari we wabipanze kugira ngo indirimbo ye nshya Bon izasohoke arimo kuvugwa cyane ndetse arusheho kwamamara.

 

Kanda hano hasi ukirikirane ikiganiro kirambuye cya Davis D ku  Isibo Tv

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AGASHYA: Umugabo yasambanyije umukobwa we w’imyaka 15 amutera inda ngo yumve uko ubusugi bwe bumeze.

Barack Obama yibasiye umukwe we amushinja kugira ingeso idasanzwe.