in

Cristiano Ronaldo agiye kwirukanwa ntanimperekeza ahawe

Rutahizamu wa Manchester United Cristiano Ronaldo agiye kwarikanwa n’afaranga na rimwe ahawe nyuma yamagambo ye.

Kuwa mbere w’iki cyumweru Cristiano Ronaldo yagaraye yikoma umutoza wa Manchester United ndetse n’abakinnyi bamwe na bamwe bakinanye muri iyi kipe mu myaka ishize.

Uyu mugabo kandi yanatangaje benshi nyuma y’ibyo yavuze ku ikipe ya Manchester United yamugize uwo ari we avuga ko ibintu yasize ubwo yayivahamo akerekeza muri Real Madrid byose ntacyahindutse harimo abatetsi bisine ndetse n’ibindi bitandukanye.

Ubuyobozi bwa Manchester United bumaze kumva ibi byose uyu mukinnyi ufatwa nk’uwa mbere ku isi yakoze burimo gushaka uko bwasesa amazerano bwari bufitanye na Cristiano Ronaldo bagatandukana nta kintu nta kimwe abonye nkuko bitwangazwa na DailyMail.

Uyu mugabo amasezerano yari asigaje muri Manchester United yari afite Agaciro ka Milliyoni 16 z’amapawundi gusa ashobora kugenda vuba nta kintu abonye dore ko n’abakinnyi basabye ubuyobozi ko bwatandukana na Ronaldo mbere Yuko igikombe cy’isi kirangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hatahuwe impamvu yatumye wa musore asohoka mu mbangukiragutabara agakizwa n’amaguru ubwo yari ajyanywe kwa muganga

Uburyo yajemo ntibusanzwe, umugabo yaje mu isanduku ipfundikiye ubwo yari aje gusezerana n’umukunzi we(Videwo)