in

Cristiano Ronaldo agiye kwemera kureka gukina by’umwuga kugira ngo abone amafaranga

Nyuma yo guhagarika amasezerano na Manchester United ku bwumvikane, Cristiano Ronaldo yari ahugiye mu gikombe cy’isi atari yatangazwa aho azerekeza nyuma y’uko igikombe cy’isi kizaba kirangiye.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Marca, Cristiano Ronaldo ashobora kwemera gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia yiteguye kuzamuha amafaranga atagira ingano.

Mu mezi atandatu agiye kuhakinira, azahava ahembwe asaga miliyoni 200 z’amadorari ubwo ni ukuvuga ko ari Miliyari zirenga 200 z’amanyarwanda.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugani; Ruhato n’agasamuzuri

Hamenyekanye abakinnyi batatu bakomeye ba APR FC bashobora kuzasezerwa bitewe n’uko ubushobozi bwabo bwanenzwe n’abatoza