in

Cristiano Ronald yazirikanwe n’ikipe yamumaze ubwoba

Ikipe ya Sporting CP yahaye amahirwe Cristiano Ronald yo kwereka isi icyo ashoboye muri ruhango yamukoreye agashya.

Iyi kipe yashyize hanze umwambaro wanditseho CR7 mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 ishyize akinnye umukino wa mbere muri iyi kipe.

Cristiano Ronald yakinnye umukino wa mbere tariki ya 29 Nzeri 2002 mu mukino iyi kipe yatsinze Braga ibitego bine kuri bibiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Ntago nsubiramo’ burya ni umumotari! Muhire Pierre nyuma yo gufungana umutwe gitifu yavuze icyo yifuzaga ubwo yangaga gusubiramo indahiro

Miss Kayumba Darina mu bwiza n’imiterere ye amafoto ye yarikoroje