in imikino Aho umwe anyuze undi ahakurikiza umuriro! Rurageretse hagati y’umutoza Mashami Vincent na Hakizimana Muhadjiri kubera ibintu yamukoreye bakina na APR FC
in imikino Nyuma ya Manzi Thiery na Bonheur batazaza gukinira u Rwanda undi mukinnyi yamenyesheje ubuyobozi bwa FERWAFA ko atazaza
in imikino Karabaye i Nyarugenge byakaze! Juvenal agiye kwirukanwa muri Kiyovu ndetse aherekejwe n’abakinnyi bose yaguze
in imikino Baparitse za Range Rover! Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bagiye mu mwiherero batikoraho (AMAFOTO)
in imikino Kubyara neza bitera ineza ababyeyi! Ababyeyi b’umukinnyi w’ikipe ya APR baje kumufana maze na we ntiyabatenguha abaha ibyishimo bataha bavuga ko aribo babyaye (AMAFOTO)
in imikino Thierry Forger utoza APR FC yatangiye kubihirwa nuko abona ikibazo iyi kipe ifite kiri gutuma batsinda batinze cyane
in imikino Bakomeje kuvomera mu cyiva! Myugaririro w’ikipe y’igihugu Amavubi n’ikipe ye yo hanze y’u Rwanda bakomeje kwerekana urwego ruri hasi nyuma yo gutsindwa ibitego n’ikipe nto yo mu Rwanda itagitsindwa
in imikino Abakinnyi babiri bari bahamagawe mu Amavubi batewe utwatsi kubera ikibazo kitoroshye kiri muri FERWAFA
in imikino Burya koko u Rwanda rwababereye nka Saudi Arabia! Abikinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Burundi bakina muri shampiyona y’u Rwanda bagiye gukinira ikipe y’igihugu cyabo bambaye imyenda igaragagaza ko bayoje igitiyo -IFOTO
in imikino Abatoza b’Amavubi nyuma yo kubona barakoze amakosa mu guhamagara abakinnyi bahise bafata umwanzuro wo gutumira abakinnyi bari birengagijwe
in imikino Nubwo akomeye ariko baramwirukana: Umutoza ukomeye cyane hano mu Rwanda abafana b’ikipe atoza bariye Karungu bamusabira kwirukanwa rugikubita
in imikino Nyuma yo kubatizwa Binezero, Kiyovu Sports yasabye imbabazi yizeza n’ibitangaza abafana bayo