in

Kubyara neza bitera ineza ababyeyi! Ababyeyi b’umukinnyi w’ikipe ya APR baje kumufana maze na we ntiyabatenguha abaha ibyishimo bataha bavuga ko aribo babyaye (AMAFOTO)

Kubyara neza bitera ineza ababyeyi! Ababyeyi b’umukinnyi w’ikipe ya APR baje kumufana maze na we ntiyabatenguha abaha ibyishimo bataha bavuga ko aribo babyaye.

Ababyeyi ba Axel Mpoyo, ukinira ikipe ya APR muri Basketball, baje kumufana muri Bk Arena aho na we atabatengushye.

Baje kumushyigikira ku mukino bahuragamo na REG BBC, aho baje no kuyitsinda amanota 74-62.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yifashishije amagambo arimo ukuri kwinshi: Umugore yeruye abwira bagenzi be ko bakwiriye guhamagara abagabo babo bakaba bwiza ukuri igihe bumva bakomerewe bashaka gutera akabariro -VIDEO

Ku Betting mu mupira w’amaguru hano mu Rwanda ntabwo biracika! Umukino wari uryoheye ijisho muri iyi wikendi haravugwamo betingi kubera ibyawubereyemo