in imikino Buri minota 2 hajyagamo igitego: Ikipe ya YOUVIA WFC yanyagiye Kaminuza y’u Rwanda ibitego 46, rutahizamu wabo atsinda 13 wenyine
in imikino Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zatanye mu mitwe mu mikino wa gicuti bakiranurwa na penaliti [AMAFOTO]
in imikino Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yashyizwe mu bakinnyi 11 bitwaye neza mu mukino ya FIFA yo gushaka itike y’igikombe cy’isi
in imikino “2026 twaba turi i Washington mu gikombe cy’Isi” Kwizigira Jean Claude na Axel Rugangura ba RBA bavuze icyemezo FIFA ishobora gufata maze Amavubi agahita yandika amateka yo kujya mu gikombe cy’Isi – VIDEWO
in imikino Bavuye mu kibuga buzuye ibyondo! Ikipe ya Rayon Sports WFC yagowe cyane n’umukino wo kuri uyu wa Gatandatu – AMAFOTO
in imikino Yahise asaba imbabazi: Umukinnyi watsinze APR FC igitego gitumye itarara ku mwanya wa mbere yanze kucyishimira kubera ibintu iyi kipe yamukoreye -AMAFOTO
in imikino Nta miyaga yashyizemo: Police FC imaze imikino irenga 5 itsinda yafashe Amagaju FC iyibutsa ko aribwo akiva mu cyiciro cya kabiri
in imikino Musanze FC ibyungukiyemo: APR FC irase penaliti ku munota wa nyuma bituma itaha iririmba urwibonye
in imikino Bahise bahagarika umukino igitaraganya: Umukino wahuzaga Kiyovu Sports na Surprise wasubitswe kubera ibintu byabaye ubwo amakipe yombi yari atangiye gukina
in imikino APR FC yananiwe gutsinda AS Kigali irembye muri iyi minsi mu mukino habonekamo udushya twinshi
in imikino Mu kibuga habaye mu rwogero: Umukino w’umunsi wa 11 wa Shampiyona y’u Rwanda wahuzaga Sunrise FC na Kiyovu Sports urasubitswe