in

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari -AMAFOTO

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari.

Mu mikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania APR FC ikomeje guhesha ishema igihugu cy’u Rwanda dore ko mu ijoro rya cyeye yaraye yihereranye ikipe ya Yanga Africans maze ikayitsinda ibitego bitatu kuri kimwe n’umukino umunya Cameroon Salomon Charles Banga Bindjeme yigaragajemo cyane byanatumye atorwa nk’umukinnyi mwiza w’umukino maze ahabwa ibihumbi 750,000 by’amafaranga yo muri Tanzania.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yagitsinze ku munota wa 80 w’umukino! Dore amashusho y’igitego Shaiboub yatsinze cyatumye abakunzi b’ikipe ya Yanga Africans baririra mu myotsi aba APR FC ibyishimo bikabarenga -AMASHUSHO

Umuhanzi Issa Legend yasohoye indirimbo nshya yise “Maria”