in

Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushingura Mike La Galette wari umufana w’indani wa Apr Fc n’Amavubi – Amafoto

Umudage Michael Martin Wilhelm Fietzek wamenyekanye nka ’Mike La Galette’, akaba umukunzi w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi” na APR FC, yashyinguwe mu cyubahiro, hagarukwa ku rukundo yakundaga u Rwanda.

Uyu mugabo w’imyaka 79, yasezeweho bwa nyuma anashyingurwa ku wa Gatandatu, tariki 4 Ugushyingo 2023. Yatabarutse tariki 28 Ukwakira 2023 azize uburwayi.

Umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye ku Kimihurura, mu gihe Misa yo kumusabira yabereye muri Kiliyiza ya Centre Christus i Remera.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yishwe n’ikimwaro! Umusore yabuze aho akwirwa ubwo yafatwaga n’umubyeyi yakuyemo imyenda ari hejuru y’umukobwa agiye kwiha akabyizi -AMASHUSHO

Umuzungu witwaga Ntuyenabo Michelle yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda muri iki cyumweru [AMAFOTO]