in ,

Breaking news: Dore inkuru ibabaje mu ikipe ya Liverpool

Mu ikipe ya Liverpool ibintu si byiza nagato bitewe n’ikibazo kimaze gutangazwa kuri iki gicamunsi nyuma y’umukino wabahuje na Totthenham Hotspurs aho batsinze iyi kipe,baje gutakarizamo n’umukinnyi wabo wo hagati Danny Ings waje kuvanwa mu kibuga kubera imvune.

Image result for Danny Ings injury

Nkuko tubikesha igitangazamakuru Dailymail,nyuma yo kubagwa kuyu mukinnyi,abaganga b’ino kipe bamaze gutangaza ko uyu mukinnyi atazongera gukandagira mu kibuga muri iyi saison bitewe n’ubukomere bw’imvune yagize bityo bakaba bagiye kumwitaho kugirango barebe ko byibura mu ntangiriro za saison itaha yaba ari muzima.

Ibi akaba ari igihombo gikomeye kuri uyu musore warutangiye kwigaragaza ku myaka ye 24 gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amagambo wabwira umukunzi wawe akamukora ku mutima kurusha…..

Dore uburyo abakobwa bakomeje gukizwa n’imbuga nkoranyambaga kubera uburanga n’imiterere bihebuje (amafoto)