Muri iki gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kugenda zitabirwa n’abantu batandukanye ku buryo budasanzwe, abahanga mu kurya amafarnga rero bakaba barabonye uburyo bwo kuzibyaza umusaruro, ku buryo ubu hari abantu (by’umwihariko abakobwa) batunzwe nazo. Uti ese bigenda bite?
Ubundi icyambere nu gushaka uburyo waba icyamamare kuri izo mbuga mbese ku buryo ukurikirwa n’abantu benshi, iyo icyo kimaze gukemuka utangira gushaka bantu bo kujya wamamariza bakakwishyura. Ubungubu hari bakobwa binjiza arenga ibihumbu 50 by’amadollari buri kwezi muri USA, ndetse no mu bindi bihugu bikomeye ku isi muri ubwo buryo.
Irebere ingero za bamwe mu bakobwa bakijijwe n’imbuga nkoranyambaga:
Katya Henry
Tianna Gregory