in

Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa

Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa.

Mu mukino wahuzaga ikipe ya Chelsea FC n’ikipe ya Manchester City umunya Brazil Thiago Silva yatsinze igitego ku munota wa 29 w’umukino cyatumye aba umukinnyi wa kane mu mateka ya Premier League utsinze igitego afite imyaka 39 y’amavuko.

Thiago Silva yanditswe mu gitabo kimwe n’abandi bakinnyi bakurikira: Teddy Sheringham, Dean Windass na Ryan Giggs.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bateranye ingumi induru ziravuga! Kigali mu bitaro bya Nyarugenge habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza -AMASHUSHO

“Ibaze ko ibyo bintu ari iby’abagore bicara bitaka ubwiza”! Amashusho y’umunyamakuru w’imikino kuri RBA Ruvuyanga ari kurata ubwiza bw’amaguru ye akomeje kuvugisha benshi