in

“Ibaze ko ibyo bintu ari iby’abagore bicara bitaka ubwiza”! Amashusho y’umunyamakuru w’imikino kuri RBA Ruvuyanga ari kurata ubwiza bw’amaguru ye akomeje kuvugisha benshi

Umunyamakuru w’imikino kuri RBA RBA Ruvuyanga arabaza niba amagure ye ari mabi cyangwa ari meza kugirango ajye abona uko yambara amakabutura.

Ni mu mashusho akomeje gucicikana kumbuga nkoranyambaga zidandukanye asaba ko bamubwira ko afite amaguru meza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa

Chelsea abantu bayibeshyeho: Ikipe ya Chelsea FC igaraguranye na Manchester City ruburu gica