in

Bateranye ingumi induru ziravuga! Kigali mu bitaro bya Nyarugenge habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza -AMASHUSHO

Mu mujyi wa Kigali mu bitaro bya Nyarugenge habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza.

Ni nyuma yuko umurwaza yashakaga kujya mu bitaro kungufu kureba umugore we wari wabyaye abazwe.

Uyu murwaza avuga ko hari hashize amasaha ane , umugore we ntacyo arashyira mu nda.

Abandi barwaza nabo bari babujijwe kwinjira baranenge serivizi z’ibi bitaro kuko abasekirite babaka ruswa ngo binjire utayitanze agahezwa hanze.

Umunyamakru warimo atara iyi nkuru yahutajwe , anafatirwa mu gihe kingana n’isaha .

Ubuyobozi bwa bw’ibitaro bya Nyarugenge burahakana ibyo gutanga serivisi mbi ariko bugiye gukurikirana imirwano yabereye muri ibi bitaro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje umukinnyi bagomba gutoramo uw’ukwezi kwa 10 hatungurana umwe benshi bemezaga ko ari mu batuma ikipe ititwara neza

Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa