in

Bitunguranye Papa Cyangwe yihakanye Mama Cyangwe wamusomeye imbere ya camera||Noneho ariyahura

Mu minsi ishize nibwo umukobwa w’uburanga yagaragaye asomana n’Umuraperi Abijuru King Lewis uzwi ku izina rya Papa Cyangwe, aho bari batangaje ko bari mu rukundo gusa kuri ubu Papa Cyangwe yavuze ko badakundana.

Uyu Mama Cyangwe akaba yari yatunguye uyu muraperi ubwo yari mu kiganiro amusanganira afite umutsima (birthday cake) maze amufasha kwizihiza isabukuru ye y’amavuko aho bagaragaje iby’urukundo rwabo imbere ya camera banasomana.

Uyu mukobwa yeretse Papa Cyangwe urukundo rwinshi

Mu kiganiro Papa Cyangwe yagiranye na Isibo Tv muri the Choice live yavuze ko nta mukunzi afite ndetse ntanuwo yigeze .Ati:”Ndagira umukunzi ku myaka yanjye .sinamwigeze ntanuwo mfite ubu.Uriya mukobwa yanyishinzagaho gusa”.

Bamubajije ko yaba yaramwerekanye nk’umukunzi we,yavuze ko uriya Mama Cyangwe yaje ku isabukuru y’amavuko ya Papa cyangwe mu rwego rwo guhagararira abandi bakobwa benshi bamukunda ntarundi rukundo rudasanzwe bafitanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje kuri wa mugore uherutse kwibaruka abana icyenda icyarimwe.

Iyi ni imwe mu macouple y’abantu bateretanye igihe gito ku isi bakaba bamaranye imyaka 40 babana||uko bamenyanye biratangaje.