in

Bibatera ipfunwe: Menya impamvu nyamukuru itera abagabo bafite igitsina gito kugira ipfunwe mu bandi

Ubundi ku Isi usanga abagabo hafi ya bose bifuza kugira igitsina kinini kuko aribwo baba bumva bazabasha guhaza abagore babo ariyo mpamvu usanga umugabo ufite igitsina gito agira ipfunwe cyane kubera ko abayumva kidahagije kuri we.

Abagabo ndetse n’abasore basigaye bakunda kurwara indwara yitwa ‘ Small Private Organ Syndrome’  iyi ndwara ikaba iterwa no kureba filime z’urukozasoni ukiri muto bigatuma utangira kugereranya igitsina cyawe ni cy’abagabo bakina filime z’urukozasoni maze wareba icyawe bikagutera kwiheba cyane.

Kandi burya ngo kugira igitsina gito bikabije ni ubumuga nubwo nta gipimo gihari cyemeza ko umugabo ufite igitsina gito cyane abafite ubumuga kandi burya kugira igitsina gito bishobora guturuka kubabyeyi bawe cyangwa se akaba ari ubumuga wavukanye.

Gusa abahanga bemeza badashidikanya ko burya nta gitsina gito cyibaho ku mugabo ahubwo uko wowe ukoresha igitsina cyawe aribyo bigena ubushobozi gifite.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza kuri Bahavu Jeanette uri kwiruka inyuma y’imodoka yatsindiye ahize abarimo Bamenya

Mu Rwanda: Umusore w’imyaka 42 amaze imyaka myinshi ashaka umugore babana gusa akomeje guterwa agahinda nibiri kumubaho ibyatumye avuga ko nta rukundo rubaho