in

Bari bamuhitanye: Umunyamakuru wa RBA yavuze amagambo atashimishije abakunzi ba APR FC gusa ibyo bamukoreye ntazigera abyibagirwa

Bari bamuhitanye: Umunyamakuru wa RBA yavuze amagambo atashimishije abakunzi ba APR FC gusa ibyo bamukoreye ntazigera abyibagirwa.

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda ndetse ukunzwe na benshi kubera uburyo akorana ubuhanga buhanitse umwuga we kandi akabivanga n’ubushishozi yibasiwe bikomeye n’abakunzi ba Gitinyiro nyuma yo gutangaza amagambo atabashimishije.

Kayishema Tity Thierry ukorera itangazamakuru ry’Igihugu nyuma y’uko rutahizamu Victor Mbaoma arase penaliti yabajije abamukurikira kuri Instagram ye niba uyu rutahizamu yaba yakiriwe gusa yasubijwe amagambo atari nyuma yo kubaza iki kibazo.

Amwe mu magambo yuje uburakari abakunzi ba APR FC basubije umunyamakuru Kayishema:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi bibabaza aba Rayon kuko ari ukubatendeka! Platini P nubwo yari yaserutse kuri Rayon Sport day yatangaje indi kipe afana ihora ihanganye na Rayon

Yarakuze disi ubu ni inkumi: Umukobwa wa Diamond Platnumz yabyaranye n’umuherwekazi Zari Hassan bamwambitse ikanzu y’abageni ku isabukuru y’amavuko ye (Amafoto na Videwo)