in

Barebana akana ko mu jisho Mama Sava ari murukundo n’umunyamakuru ukomeye hano mu Rwanda nyuma yo kubigira ibanga(Amafoto)

Umukinnyi wa Sinema Analisa Umunyana wamenyekanye ku mazina ya Mama Sava muri Sinema nyarwanda aravugwa mu rukundo na Nshuti Alphonse uzwi mu itangazamakuru nka Nshuti Alpha ukora kuri Yongwe Tv.

Aba bombi uretse kugaragara basohokeye ahantu hatandukanye agatoki ku kandi, hari n’amafoto yagiye hanze agaragaza aba bombi barebana akana ko mu jisho.

Aba bombi babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha zirimo WhatsApp batambukije amagambo agaragaza ko bamaze igihe mu rukundo nubwo byari byaragizwe ibanga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sport yongeye gushimangira ko yifatiye As Kigali

Hamenyekanye ubusobanuro bw’amagambo Byiringiro Lague yerekanye ubwo yatsindaga igitego Kiyovu Sport