in

Babigize intambara! FERWAFA yashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wafashwe nk’uwa gishuti urahuza u Rwanda na Senegal

Babigize intambara! FERWAFA yashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wafashwe nk’uwa gishuti urahuza u Rwanda na Senegal

Ku munsi wejo tariki 9 Nzeri 2033, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi irakina umukino wa gishuti n’ikipe y’igihugu ya Senegal mu mukino wafashwe nk’uwa gishuti.

Uyu mukino uteganyijwe kuba ku isaha ya saa tatu z’ijoro, ubere kuri Sitade y’Akarere ka Huye. Uyu mukino benshi bifuzaga ko ureberwa ubuntu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda FERWAFA ryamaze gutangaza ibiciro byo kwinjira.

Mu biciro byashyizwe hanze ni ibihumbi 10 muri VIP, ibihumbi 3 ahatwikiriye ndetse n’igihumbi 1 ahasanzwe hose. Uyu mukino ikipe ya Senegal kubera kuwusuzugura yazanye mu Rwanda ikipe ya kabiri igizwe n’abakinnyi bakiri bato ndetse n’abakina imbere mu gihugu.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Sinzakwibagirwa nubwo imvura yagwa imivu igatemba” Butera Knowless, umugore wa Ishimwe Clement akomeje guteretwa ku ruhande kubera ukuntu aba yiyeretse abagabo bikundira abagore b’ibizungerezi (AMAFOTO)

Abakobwa birirwa babunga baticara hamwe ngo bakore bazajya bapfa tubure n’aho tubariza: Tijara Kabendera washenguwe cyane n’abakobwa 11 Kazungu yishe, agize icyo yibwirira abakobwa birirwa binjira mu ma ghetto y’abasore batazi https://wp.me/p7ovfz-13Mv