in

“Babana mu nzu n’abo basore kandi batarabahaye n’amazi yo kunywa” Mutesi Scovia yacyashye ababyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano z’amamiliyaridi

Umunyamakuru Mutesi Scovia ntavuga rumwe na bamwe mu babyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano y’umurengera.

Mu kiganiro yanyujije ku muyoboro we wa YouTube, Scovia yavuze ko kubera ukuntu ikiguzi cy’inkwano kiri hejuru, hari bamwe mu bakobwa bemera gutanga amafaranga bakayaha umusore nawe akayazanira ababyeyi be nk’inkwano kugira ngo barongorwe.

Ibi yabifashe nkaho aba bakobwa bigura (bitangaho inkwano), ndetse kandi yavuze ko biri gutuma abasore bakomeza kurwamana n’abakobwa mu nzu kandi batarasezeranye, kubera kubura inkwano.

Mutesi yavuze ko ubundi inkwano itakabaye ikiguzi, ababyeyi bakareka gutega amakiriro ku bakobwa babo kuko birangira bagendeye ubuntu.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu

Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki