in

Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki

AS Kigali igarukanye amafaranga pee! Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki

Kuri uyu wa Gatatu ikipe ya APR FC irakina n’ikipe ya AS Kigali mu mukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’amahoro. Ni umukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubera kuri Kigali Pele Stadium.

Uyu mukino wakaniwe n’ubuyobozi bw’impande zombi cyane ikipe ya AS Kigali irakira uyu mukino. Ubuyobozi bwa AS Kigali twamenye amakuru ko bwamenyesheje abakinnyi bose ko nibatsinda APR FC barahabwa ibihumbi 250 kuri buri umwe.

Benshi barahereza amahirwe APR FC bijyanye ni uko imaze iminsi yitwara ndetse imaze n’iminsi irimo gukina irushanwa rya Mapinduzi ryaberaga mu gihugu cya Zanzibar.

Iyi kipe muri iri rushanwa ntabwo wavuga ko yitwaye nabi dore ko yagarukiye muri 1/2 ihageze itsinze Younga Africans ndetse inganyije n’ikipe ya Simba SC.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Babana mu nzu n’abo basore kandi batarabahaye n’amazi yo kunywa” Mutesi Scovia yacyashye ababyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano z’amamiliyaridi

Umugore mwiza umuhabwa n’Imana! Amashusho Niyo Bosco yishimanye n’umukobwa bateganya kurushinga ari gushimisha benshi