in

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu

Muri Uganda hakomeje gucicikana amashusho y’umugabo bivugwa ko ari umwarimu wafashwe n’ababyeyi b’umwana yigishaga muri segonderi , ubwo yashakakaga kumusambanya.

Mu kiganiro uyu mwarimu yagiranye n’umukobwa, byagaragaraga ko banze gukodesha lodge (inzu yo kuraramo) baziko umwana aza kuba ari mu rugo wenyine.

Uyu mwarimu yabwiye umwana ati ” Ese aho gukodesha lodge waretse tukazabikorera aho iwanyu, amafaranga twari kuyikodesha nkayaguha ko nawe uyakeneye”.

Umunyeshuri yarabimwemereye ndetse amubwira ko azaba ari mu rugo wenyine, ariko yari afite impungenge z’abaturanyi.

Byaje kurangira bafashe umwanzuro ko uyu mwarimu agomba kuza iwabo w’uwo mukobwa, ninako byagenze gusa byarangiye ababyeyi b’umwana bamufashe.

Reba amashusho.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’umutoza abafana ba Rayon Sports bongeye kugaragaza umukinnyi badashaka ko aguma muri iyi kipe

“Babana mu nzu n’abo basore kandi batarabahaye n’amazi yo kunywa” Mutesi Scovia yacyashye ababyeyi bakomeje kugira igishoro abakobwa babo babategerejemo inkwano z’amamiliyaridi