in

Anita Pendo wageze muri Ghana, yahise yakirwa na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu

Umunyamakuru Anita Pendo uri mu bahataniye ibihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’ bitangirwa muri Ghana, yagezeyo ahabwa ikaze na Ambasaderi w’ u Rwanda, Rosemary Mbabazi.

Anita Pendo wamaze kugera mu mujyi wa Accra yavuze ko yishimiye kwakirwa na Ambasaderi w’u Rwanda wamuhaye ikaze.

Binyuze ku rubuga rwa Instagram, umuryango Ladies in Media Organization ukorera muri Ghana, uherutse gutangaza Anita Pendo nk’umwe mu bagore bahatanye mu bihembo utegura bya ‘Ladies in Media’ bizatangwa ku wa 30 Werurwe 2024.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ishuri KSP Rwanda ryahaye impamyabumenyi abanyeshuri 20 basoje kwiga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro

Humble Jizzo yagarukanye akanyamuneza i Kigali! Itsinda rya Urban Boys ryiteguye gususurutsa abakunzi b’umuziki muri iyi weekend