in

Anita Pendo abahungu be babiri bamutesheje umutwe yenda gusara(videwo)

Umunyamakurukazi kuri radiyo Magic FM na television Rwanda Anita Pendo akanaba umushyushya rugamba ukaze hano mu Rwanda, ni umu mama w’abana babiri b’abahungu.

Anyuze ku rukuta rwe rwa Instagram yagaragaje videwo ari guhamagara abahungu be banze ku mwumvira aho yashakaga ko baza ba gataha ariko bakamwangira.

Mu majwi, yumvikanaga ahamagara umuhungu we mukuru Tiran amubwira ko ariwe uri gushuka murumuna we Ryan ngo ntaze bagende.

Aba bana yababyaranye n’umukinnyi w’umuzamu muri shampiyona y’umupira w’amaguru yu Rwanda Ndanda bahoze babana nk’umugabo n’umugore gusa bakaza gutandukana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wabaye imbata ya Social Media niba uteye gutya.

Cyera kabaye ya machine Halaand ihagaritswe gutsinda.