in

Andy Bumuntu yatangaje ko nta mukunzi afite anavuga igihe azakorera ubukwe.

Umuhanzi nyarwanda ukunzwe hano mu gihugu,Andy Bumuntu yatangaje ko ntamukunzi afite kuri ubu ndetse avuga ko naramuka amubonye azahita akora ubukwe.

Birashoboka ko umukunzi wa mbere wa Andy Bumuntu batandukanye dore ko mu 2019 yigeze kuvuga ko indirimbo ye “Mine” yayanditse ari mu rukundo mu 2016. Icyo gihe yavuze ko yayimutuye ahishura ibyo yamukundiye birimo kugira ubumuntu n’icyerekezo gusa yirinze kugira byinshi amuvugaho nk’amazina ye n’ibindi.

Asobanura ko nta mukunzi agifite yagize ati:” Ntabwo ahari ni ibintu mpa agaciro cyane kuri njye umunsi urukundo narugiyemo muzabimenyeshwa na invitation (impapuro z’ubutumire)”.

Andy Bumuntu ni umUsibye kuba ari ibivugwa ko ari mu bahanzi bakurura igitsina gore mu Rwanda, inkumi zitari nke kandi zifite amazina akomeye zirimo n’izanyuze mu irushanwa rya Miss Rwanda zagiye zibigaragaza zikerura zikavuga ko zamwihebeye kubera ijwi rye uko agaragara inyuma n’ibindi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yavutse afite umutwe ucuramye ariko yaje kuvamo umuntu ukomeye cyane(AMAFOTO)

Biteye agahinda! Iyumvire rwaserera n’imirwano byabaye muri camp y’amavubi ubwo bari muri CHAN 2020