in

“Amaze gukora ubukwe kabiri ngewe nta narimwe” Anita Pendo yatangaje ibintu bihambaye ahuriyeho na Tijara Kabendera ndetse n’ikintu gikomeye batandukaniyeho (video)

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda Anita Pendo yatangaje ibintu bihambaye ahuriyeho na Dada Kabendera wamamaye cyane ku izina rya Tijara Kabendera ndetse n’igihe bahuriye.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Instagram ya Chita Magic yagaragaje umunyamakuru ukorera radio na televiziyo by’igihugu Anita Pendo ari kumwe na Tijara Kabendera wigeze gukorera radio na televiziyo by’igihugu ari n’aho yabereye ikimenya bose.

Anita Pendo yatangaje ibintu byinshi bitandukanye ahuriyeho na Tijara Kabendera ariko atangaza n’ikindi kintu nyamakuru batandukaniyeho aricyo kuba Tijara yarakoze ubukwe inshuro zigera kuri ebyiri kandi we nta narimwe arabukora.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya byatangiye kera! DJ Brianne yatangaga iminwa ye bakayisoma maze agahabwa amanota y’ubuntu mu isomo yari umuswa muri ryo

Amakuru agezweho: Wa musore wagurukije indege itagira umupirote amaze guhubwa ibihano bikakaye n’urukiko rwibanze rwa Nyarugenge